Umuyobozi mukuru w’ingabo za M23 Gen Sultan Makenga, ngoyaba yarahishuye aho ubufasha bwa M23 buva nimugihe yaherukaga kubwira itangaza Makuru ko ubufasha bwabo buva muri Guverinoma ya Demokarasi ya Congo.
Aho yagize ati: “Ubufasha bwacu ntahandi buva nimuri leta ya Kinshasa. Niho dukura imbunda n’amasasu.”
Ibi ngobyaba byagaragaye mur’iyiminsi ni mu mirwano iheruka ndetse n’iyabaye kuri uyu wa 22/10/2023, aho M23 yongeye kwisubiza ibice birimo Kibarizo , Kanyangili, Kinyandoni ndetse na Kirumba ibi bice byinshi bikaba biri muri teritware ya Rutsuru.
Amakuru dukesha isoko yacu, avuga ko M23 yambuye ibikoresho by’agisirikare byinshi birimo imbunda ninshi iziremereye n’izito, drone za FARDC ndetse harimo n’imodoka zagisirikare (Convoy) zirenga 5. Ay’amakuru akomeza avuga ko muri Kinyandoni, FARDC yambuwe igifaru gikomeye bikekwa ko leta ya Kinshasa yakiguze mugihugu c’u Bushinwa.
FARDC ikaba iheruka nokwamburwa u Mujyi w’ingenzi wa Kitshanga uherereye mu bilometre 80 n’u Mujyi wa Goma.
Gusa ngo leta ya Repubulika ya Demokarasi ya Congo yanzuye ko igomba gusubiza byihuse abaturage mu bice byambuwe umutwe witwaje intwaro wa M23 muri teritwari ya Masisi na Rutshuru kugira ngo bitegure amatora nk’abandi.
Ibi bigaragara mu myanzuro y’inama y’abaminisitiri yayobowe na Perezida Félix Tshisekedi Tshilombo tariki ya 20/10/2023, yasohowe n’ibiro bya Minisitiri w’Intebe kuri uyu wa 22/10/ 2023.
Muri iyi nama, Tshisekedi yahamije ko hari ibice M23 yambuwe muri izi teritwari, asaba Minisitiri w’umutekano na Minisitiri w’ingabo gukorana n’abafatanyabikorwa baba ab’imbere mu gihugu na mpuzamahanga, aba baturage bagasubira muri ibi bice.
Mu gihe abaturage baba bamaze kuhasubira, komisiyo y’amatora yasabwe kuhategurira ibikorwa by’amatora rusange ateganyijwe m’ukwezi kwa 12/2023, kandi n’inzego bireba zikayifasha kubirindira umutekano.
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional
Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes.The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
Amahoro arakenewe muburasirazuba bwakongo nibyo inzirayamahoro samasasu menshi ahubwo nibiganiro byinshi hhhhhhhhhhh congo we uzakiraryari abanyekongo babone amahoro arambye
Amahoro ningenzi muvandi