Umuryango w’ubumwe bw’Africa(UA), ushobora guhagurukira ikibazo c’umutekano muke urangwa muburasirazuba bwa Republika ya Demokarasi ya Congo, gusa muri iki gihe bisa nibiri murujijo ku byemezo bikomeza gufatwa nabayobozi ba leta ya Kinshasa ndetse na Mahanga.
Amasezerano ya Addis Abeba, Nairobi ndetse na Luanda, n’inama y’akarere k’ibiyaga bigari, biri mu nzira zikomeje kwerekana imiterere ya Politike irangwa muri RDC ndetse nuko umutekano uhagaze muburasirazuba bwa Republika ya democrasi ya Congo (RDC) aho ubu byemejwe ko ari ngombwa kongera ingufu z’ibihugu bigize iterambere ry’amajyepfo ya Africa (SADC), bakaba bemezanije kohereza ingabo zuyu muryango, .
Abahanga babona ko ibi ari nkuguhazagurika nokubura amahitamo bikaba biri nomubidindiza iterambere ndetse nubucuruzi, arinabyo aba Depite biki gihugu baheruka gusaba ko President Félix Antoine Tshisekedi, atanga ibisobanuro mbere yo kongeramo izindi ngabo muburasirazuba bwa Republika ya Demokarasi ya Congo.
Hari ibyahujwe, tariki 06.05.2023, abayobozi b’akarere ka Africa y’iburasirazuba (EAC), bahuriye i Bujumbura mu Burundi, naho tariki 08.05.2023, i Windhock muri Namibiya, bahisemo kongera guhuza umuryango wa SADC, kukibazo gusa c’Umutekano muke uri Muburasirazuba bwa RDC.
Harandi makuru avuga ko hari inama iteganijwe y’ibihugu bya Africa yunze Ubumwe, ishaka guhuza imiryango yose yo mu karere ariyo SADC, EAC na ICGLR, ikigamijwe nukurebera hamwe uko izongabo zose ziri mubutumwa bwa mahoro muburasirazuba bwa Republika ya Demokarasi ya Congo, bazabashe guhuza kugira ngo barusheho kugarura umutekano muriki gihugu.
Abaturage bo mu burasirazuba bwa Rdc bakomeje guhangayikishwa na Politike itazana impinduka mugihugu cabo nintambara zurudaca.
Imyaka irenga icumi (10), imiryango mpuzamahanga ikomeza guterana kukibazo c’Umutekano muke muburasirazuba bwa Republika ya Demokarasi ya Congo, ariko gutora umuti bisa nibikomeza kuba ingorabahizi.
Aba depite ba RDC bagize ico babivugaho:
Umudepite Gratien, akaba arinawe uhagarariye ishaka Ensemble pour la Démocratie rya Moïse Katumbi, yatangaje ko Tshisekedi adakwiye kwegeka amakosa ku ngabo za EAC, kandi ari we wagiranye amasezerano nizo ngabo yo gukorera muri RDC.
yagize ati: “EAC iri muri RDC hashingiwe ku masezerano yihariye ubutegetsi bwa Tshisekedi bwemeye. Ntabwo Leta ikwiye kwifata nk’aho izi ngabo zizanye muri Congo. Zarahamagawe mu buryo bwemewe. Ntabwo wakina n’umutimanama wa rusange.”
Depite Delly Sesanga Hipungu uhagarariye ishaka Envol, we mu kiganiro yagiranye na TV5 Monde, yatangaje ko ibyo Tshisekedi ari gukora bisa noguta igihe. Ati: “Twatakaje igihe, dutegereza ibya Tshisekedi na Leta ye bitari ibya kinyamwuga, bidafitiwe amakuru kandi byakozwe buhumyi. Hari ingamba benshi muri twe twasabye ko zafatwa.”
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional
Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes.The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.