Igihugu cya Amerika, cyamaganye leta ya Président Félix Antoine Tshisekedi, kivuga ko iyo leta itubahiriza ikiremwa muntu.
Yanditswe na Bruce Bahanda, kw’itariki 25.05.2023, saa 7:45 AM, kumasaha ya Bukavu na Minembwe.
Leta Yunze Ubumwe bwa Amerika, ibinyujije kuri minisitiri w’ububanyi n’amahanga Antony Blinken, yamaganye Président wa Republika ya Demokarasi ya Congo, Felix Tshisekedi, imusaba ko leta ye yagira kubahiriza uburenganzira bwamuntu .
Nimugihe kuruyu wagatandatu ushize tariki 20.05.2023, i Kinshasa habaye imyigaragambyo yari yateguwe nabanya Politike batavuga rumwe nubutegetsi bwa Kinshasa, Moïse Katumbi, Matata Mponyo ndetse n’a Martin Fayulu.
Muriyo myigaragambyo mugihe aba polisi bagerageza guhagarika abigaragambyaga bakoresheje inguvu zumurengera kandi aba polisi bari bitwaje imipanga ninkoni ndetse nimbunda nkuko bisanzwe .
Haramafoto yagaragaje aba polisi bakubita inkoni zamahiri abana bato ubonako nyine bari bafite imyaka yubuto, ibi bikaba byaratumye abavuga rikijana bahaguruka kwamagana ibyabaye uwo munsi.
Iki ganiro cabaye hagati ya perezida Tshekedi na Minisitiri w’ubanye namahanga wa Amerika bwana Blinken, binyuze kuri Telephone ngendanwa, uyu munya Merika yashimangiye ko leta ya Kinshasa igomba kubahiriza uburenganzira bwamuntu murico gihugu, akaba yaravuze no kunyeshyamba za M23 aho yasabye ko izinyeshamba zakomeza kuva muturere bafite, ibi tubikura kurubuga rwa Radio RFI.
Si Amerika yonyine yamaganye ibyagaragagaye mumyigaragambyo iheruka kuba i Kinshasa, abanyapolitike benshi muri RDC bamaganye polisi ya Kinshasa bavuga ko ibyo bakoze bigaragaza urugomo rubi nokutubaha uburenganzira bwamuntu ndetse nokurenga amategeko nshinga yigihugu agenga abapolisi.
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional
Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes.The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.